SOCIAL
Nta Mafaranga Leta Izatanga Mu Bishoye Mu Buhinzi Bwa CHIA- Perezida Kagame

Perezida Paul Kagame yavuze ko nta mafaranga leta izatanga mu kugoboka abishoye mu buhinzi bw’igihingwa cya CHIA, bari bamaze iminsi bagaragaza ko bahombye amafaranga akabakaba miliyari 27.