Barashima Imana ko uyu mwaka wababereye umwaka mwiza, ni umwaka bakoreyemo ibitaramo byinshi byiza kandi biteguye ku rwego rwo hejuru
Nk’uko twagiye tubibona mu nkuru zabanje, kubabarira uwakubabaje ni ukwiha impano ku giti cyawe kuko ni wowe utanze imbabazi bigirira akamaro.
Nyuma yo kurobanurwa nk’uko Yesu yarobanuye intumwa ze, igasigwa amavuta y’igikikundiro kuri ubu iyi korali yitwa “Cornerstone” igiye kumurikirwa abakunzi b’umusaraba mu gitaramo cyayo bwite.
Abantu benshi kandi batandukanye bagize icyo bavuga, bashaka gusobanura imbabazi icyo ari cyo. Uwitwa Lewis B. Smedes avuga ko kubabarira ari ukurekura imbohe (imfungwa) no gusobanukirwa neza ko imfungwa yari wowe ubwawe.
SHARON Gatete ni umuhanzikazi ukizamuka uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana. Yavukiye mu Karere ka Gasabo Umurenge wa Kacyiru ho mu Mujyi wa Kigali.
Ni kenshi uzasanga abakristo bamwe na bamwe barahisemo kutumva indirimbo z’abahanzi, zivuga ubutumwa butarimo Imana ahanini uzasanga zishigiye ku bikorwa byamamaza ubusambanyi, ubupfumu, ubukonikoni n’ibindi. Nonese tubashime tuvuge ko bari mu nzira y’ukuri? Reka turebere hamwe icyo Bibiliya ibivugaho.
PIASS - Protestant Institute of Arts and Social Sciences celebrated its Triple anniversary from 1970-2023