Latest News

KUMENYA KUVUGA KO WAKOREWE AMAKOSA

Mu nkuru zabanje twabonye ko kubabarira uwakubabaje, ari ukwiha impano ku giti cyawe, kuko ari wowe utanze imbabazi bigirira akamaro. Twabonye ko, iyo utanze imbabazi uba ufashije benshi bibaza niba bagomba kubabarira, iyo wihoreye ku wakubabaje nabwo uba ufashije benshi bumva ko kubabarira atari ngombwa.

KUBABARIRA NI BUMWE MU BURYO BWIZA BWO KWIKUNDA

Kubabarira uwakubabaje ni imwe mu mpano nziza kandi zikomeye ushobora kwiha, kandi ni bumwe mu buryo bwiza bwo kwikunda.

Uwari Umuyobozi Wa Kaminuza Ya UTB Prof Dr Simon, Yitabye Imana

Ku wa Kabiri tariki ya 11 Kamena 2024 ni bwo inkuru y'incamugongo yatangiye gusakara hose ko uwari umuyobozi mukuru wa UTB Prof Dr Simon Wiehler yapfuye.

UMWITOZO WAGUFASHA KUBABARIRA UWAGUHEMUKIYE (IMPANO YO KUBABARIRA IGICE CYA 4)

Mu nkuru iheruka twavuze ko tuzakora umwitozo wadufasha gutanga imbabazi ku baduhemukiye. Umwanditsi Pierre Pradervand atubwira zimwe mu nteruro ushobora gukoresha wiga kubabarira.

Itorero Peresibiteriyene Mu Rwanda – EPR, Remera Presbytery, Bibutse Abashumba N’abakristo Bazize Jenocide Yakorewe Abatutsi Mu 1994.

Ni kuri uyu wa gatandatu taliki 1 kamena 2024, Itorero Peresibiteriyene mu Rwanda – EPR, Remera Presbytery ifite icyicaro mu karere ka Kamonyi, umurenge wa Rukoma

UMUNYAMABANGA NSHINGWABIKORWA (GITIFU) W’ UMURENGE WA KICUKIRO YAHAWE IGIKOMBE NA BISHOP KARASANYI AMUSHIMIRA IMIKORANIRE MYIZA BAFITANYE.

Ni we muyobozi w’Ihuriro ry’Imiryango ishingiye ku myemerere ariryo (RIC), akaba n’ umuyobozi wungirije w’insengero zose za Deliverance Churches, yitwa Bishop Rose Karasanyi. aha yahaga Umuyobozi w’Umurenge wa Kicukiro igikombe cy’ishimwe amushimira imikoranire myiza bafitanye.

INKURU IBABAJE! Horeb Choir Bari Mu Gahinda Ko Kubura Umuririmbyi Wabo Niyonkuru Prudence

Iyi nkuru y’inshamugongo yamenyekanye kuri uyu wa kane, tariki 23/05/2024 ahagana saa moya za mu gitondo.

logo_inverse11677109462.png