Kuva ku wa 02 kugeza tariki 03 Ugushyingo 2021, mu kigo ISANO i Gikondo, habereye amahugurwa y’Abashumba b’Itorero Presibiteriyene mu Rwanda – EPR, bakorera umurimo w’Imana muri Kigali Presbytery. Intego nyamukuru y’aya mahugurwa yari ukurebera hamwe uburyo bwo guhindura abantu abigishwa ba Yesu Kristo. Uburyo bahuguweho ni ubwitwa “ONE TO ONE DISCIPLESHIP”, mu rurimi rw’icyongereza.
On 23rd August 2021 in a Roman Catholic hall of Saint Famille Hotel at Kigali, protestant church leaders from different denominations and theologians from different protestant universities in Rwanda meet for connecting theology and the word of God in local churches.
N’imwe mu ndangagaciro ikomeye ifasha umuntu gukemura ibibazo ashobora guhura nabyo mu kazi akora, mu mibanire n’abandi no mukwirinda ibindi bishobora kumuhungabanya.
Mu cyongereza kwitangīra no kwigenzura bisobanurwa n’amagambo atandukanye afitanye isano (self-control, self-regulation, self-feedback, self-discipline, self-command).
Abantu benshi bifuza kumenyakana, kuba ibyamamare, kugira icyubahiro, kuba abakire… Muri ibi byose ntacyo ushobora kujyeraho udakoze cyane kandi neza.
Ese ubunyangamugayo buracyariho mu Rwanda? Ese bushobora kwigishwa mw’ishuri? Ese buboneka ryari?Ese buboneka kuri bande?bugira izihe ingaruka? Ubunyangamugayo ni uruhurirane rw’ingeso nziza umuntu aba afite.
Gusinzira k’umwana ukivuka ni ikintu kiba gihangayikishije ababyeyi cg abarezi b’uwo mwana. Buri wese aba yibaza icyo yakora ngo umwana we asinzire, igihe azatangirira gusinzira nijoro, hari n’abibaza impamvu asinzira cyane ntakanguke vuba, … ! Kubera ko buri mwana yihariye, n’ibisubizo by’ibi bibazo bizatandukana bitewe n’umwana.