Latest News

Bigenda Gute Iyo Umuntu Agize Impanuka Amafaranga Ye Agashya Cyangwa Akangirika Mu Bundi Buryo?

Nubwo tugirwa inama yo kugana ibigo by’imari kuri serivisi zirimo no kubitsayo amafatanga, impanuka ntiteguza; ushobora kuba wayabikuje ugiye kuyakoresha akaba yakwangirika, agashya cyangwa akaribwaka n’imbeba.

Perezida Kagame Yagarutse Ku Mpamvu Zatumye Burera Iba Iya Nyuma Mu Mihigo

Perezida Paul Kagame yavuze ko zimwe mu mpamvu akeka Akarere ka Burera kabaye aka nyuma mu kwesa imihigo, harimo kuba muri aka karere hagaragaramo ikibazo cya Kanyanga nyinshi ndetse n’ikibazo mu bijyanye n’imiyoborere.

Nyagatare Yahize Utundi Turere Mu Kwesa Imihigo

Minisitiri w'Intebe, Dr Edouard Ngirente yagejeje ku bitabiriye Inama y'Igihugu y'Umushyikirano kuri uyu wa Kabiri ari nawo munsi wa nyuma w'iyi nama, uko uturere twahize imihigo y'umwaka wa 2021/2022.

Nta Mafaranga Leta Izatanga Mu Bishoye Mu Buhinzi Bwa CHIA- Perezida Kagame

Perezida Paul Kagame yavuze ko nta mafaranga leta izatanga mu kugoboka abishoye mu buhinzi bw’igihingwa cya CHIA, bari bamaze iminsi bagaragaza ko bahombye amafaranga akabakaba miliyari 27.

Perezida Kagame Yashimye Uko Imyaka Y'Uburame Ku Banyarwanda Yiyongereye

Perezida Paul Kagame yashimye intambwe ikomeye igihugu kimaze gutera mu myaka hafi 30 ishize, kuko usubije amaso inyuma hari byinshi bimaze kugerwaho, birimo no kuba kuri ubu ikigereranyo cy'imyaka y'uburame ku banyarwanda kigeze ku myaka 69.

Mu Mwaka Wa 2023 Umusaruro Mbumbe Uzakomeza Kuzamuka Kuri 6,2%-Dr Ngirente

Minisitiri w'Intebe, Dr Edouard Ngirente yatangaje ko ingamba zo guhangana n’icyorezo cya COVID-19 mu rwego rw’ubuzima n’urw’ubukungu, zatumye ubukungu bw'u Rwanda buzahuka uhereye mu 2021 no gukomeza mu mwaka wa 2022.

Ibarura Rusange Rya NISR Ryagaragaje Ko Abanyarwanda Barenze Miliyoni 13

Imibare mishya yakusanyijwe mu ibarura rusange ry’abaturage ryabaye mu 2022 ikozwe n'ikigo cy'Igihugu cy'Ibarurishamibare yagaragaje ko Abanyarwanda ubu ari 13,246,394, bavuye kuri miliyoni 10,5 bariho mu 2012.

log.png