Latest News

Abasenateri Basabye Akarere Ka Gasabo Kujya Bamenyesha Abaturage Ibyo Babijeje Ntibikorerwe Igihe

Abasenateri bagize Komisiyo ya Politike n’imiyoborere muri Sena, basabye abayobozi b’Akarere ka Gasabo kujya bongera kumenyesha abaturage igihe imishinga cyangwa ibyifuzo baba babijeje idakorewe igihe.

RRA Yatangaje Ko Yongereye Ingano Y’amafaranga Ifata Ku Musoro Ku Nyungu Yinjije

Ikigo cy’imisoro n’amahoro cyatangaje ko cyongereye ingano y’amfaranga gifata ku musoro ku nyungu kinjije, hagamijwe kongera asubizwa abasora babyemerewe n'amategeko.

Abakoresha Umuhanda Muhanga-Karongi Bahangayikishijwe Cyane N'iyangirika Ryawo

Abakoresha umuhanda wa ka burimbo uva cyangwa ujya Muhanga - Karongi bahangayikishijwe no kuba uyu muhanda warangiritse ku buryo bukomeye ngo hatagize igikorwa wasigara ari umuhanda w’itaka kubera ibinogo n’ibitengu biwugwamo.

MINEDUC Yatangaje Amanota Y’abarangije Amashuri Yisumbuye

Kuri uyu wa Kane, Minisiteri y’Uburezi yatangaje amanita y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye mu mwaka wa 2021-2022.

Perezida Kagame Yashimangiye Ko Qatar Yari Ikwiriye Kwakira Igikombe Cy'Isi

Kuri uyu wa Kane Perezida Paul Kagame yitabiriye umuhango wo gutanga ibihembo bihabwa indashyikirwa mu kurwanya ruswa mu muhango wabereye i Doha muri Qatar.

Perezida Wa Sena Dr Iyamuremye Yeguye

Dr Iyamuremye Augustin wari Perezida wa Sena yeguye kuri uyu mwanya no ku busenateri.

Abarenga Ibihumbi 80 Bamaze Kwiyandikisha Bashaka Impushya Zo Gutwara Ibinyabiziga

Polisi yu Rwandayasabye abakeneye gukorera impushya za burundu zo gutwara ibinyabiziga, kujya babanza bakitegura atari ukuza kugerageza amahirwe.

logo_inverse11677109462.png