Abasenateri bagize Komisiyo ya Politike n’imiyoborere muri Sena, basabye abayobozi b’Akarere ka Gasabo kujya bongera kumenyesha abaturage igihe imishinga cyangwa ibyifuzo baba babijeje idakorewe igihe.
Ikigo cy’imisoro n’amahoro cyatangaje ko cyongereye ingano y’amfaranga gifata ku musoro ku nyungu kinjije, hagamijwe kongera asubizwa abasora babyemerewe n'amategeko.
Abakoresha umuhanda wa ka burimbo uva cyangwa ujya Muhanga - Karongi bahangayikishijwe no kuba uyu muhanda warangiritse ku buryo bukomeye ngo hatagize igikorwa wasigara ari umuhanda w’itaka kubera ibinogo n’ibitengu biwugwamo.
Kuri uyu wa Kane, Minisiteri y’Uburezi yatangaje amanita y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye mu mwaka wa 2021-2022.
Kuri uyu wa Kane Perezida Paul Kagame yitabiriye umuhango wo gutanga ibihembo bihabwa indashyikirwa mu kurwanya ruswa mu muhango wabereye i Doha muri Qatar.
Dr Iyamuremye Augustin wari Perezida wa Sena yeguye kuri uyu mwanya no ku busenateri.
Polisi yu Rwandayasabye abakeneye gukorera impushya za burundu zo gutwara ibinyabiziga, kujya babanza bakitegura atari ukuza kugerageza amahirwe.