Guverinoma yasabye Abanyarwanda kongera imbaraga mu musaruro w'ibiribwa n'ibindi bikoresho bikenerwa mu gihugu, kugira ngo ibitumizwa hanze bibe ari ibiri ngombwa gusa.
Abayobozi ba bimwe mu bigo by'amashuri mu Karere ka Nyagatare, baravuga ko kubyaza umusaruro ubutaka bw'ibyo bigo bibafasha mu kunganira umusanzu ababyeyi batanga muri gahunda yo kugaburira abana ku ishuri, bikaba binagabanya ingano y'amafaranga yifashishwa mu kugura ibyo kurya by'abanyeshuri.
Hari itsinda ry'abayobozi mu Mujyi wa Kigali rigiye kumara icyumweru ku kirwa cya Iwawa, basesengura icyaba umuti ku bibazo byatumye umubare munini w'abari Iwawa bakomoka muri Kigali.
Kuri uyu wa kane, Kaminuza ya UTAB-University of Technology and Arts of Byumba yatanze Impamyabumenyi ku bayirangijemo basaga Magana inani, abaharangije bakaba basabwe kuba icyitegererezo no kuzana impinduka zigamije guhanga imirimo mishya.
Kuri uyu wa Kane, Madamu wa Perezida wa Repubulika Jeannette Kagame akaba n'Umuyobozi Mukuru wa Unity Club Intwararumuri yitabiriye Ihuriro rya 15 rya Unity Club Intwararumuri.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame ari mu gihugu cya Misiri aho yitabiriye inama mpuzamahanga ya 27 y’Umuryango w’Abibumbye yiga ku mihindagurikire y’ikirere yitwa COP27 (Conference Of the Parties). Ni inama yatangiye kuri iki Cyumweru ikazasozwa tariki 18 Ugushyingo 2022.
Guverinoma y' u Rwanda yatangaje ko yababajwe n'icyemezo cya Repubulika Iharanira Demukarasi (RDC) ya Congo cyo kwirukana Ambasaderi Vincent Karega wari uhagarariye u Rwanda muri iki gihugu.