Latest News

Kwibohora 28: Ingo Zifite Amashanyarazi Mu Rwanda Zigeze Kuri 71.92%

Mu gihe u Rwanda rwitegura kwizihiza umunsi wo kwibohora ku nshuro ya 28, umunsi uzizihizwa taliki 04 Nyakanga 2022, ingo zifite amashanyarazi mu gihugu zikomeje kwiyongera mu buryo bugaragara.

Minisitiri W’Intebe Yasabye Abanyarwanda Kwirinda Politiki Y’urwango

Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yasabye Abanyarwanda kwirinda Politiki mbi bakunga ubumwe mu kubaka Igihugu cyabo, ubwo yifatanyaga n’abakozi b’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe, Minisiteri y’Ubutabera, Minisiteri y’Ibikorwaremezo na Komisiyo y’u Rwanda ishinzwe Ivugururwa ry’Amategeko, mu kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.

IKIGO CY’IGIHUGU GISHINZWE UBUGENZUZI BW’IMITI N’IBIRIBWA FDA CYAFUNZE INGANDA 5 ZITUNGANYA AMAZI.

Amashami y’inganda zafunzwe harimo ay'uruganda rwa Aqua water Ltd, uruganda rwa Jibu Ltd, uruganda rwa Perfect water Ltd, uruganda rwa Iriba Ltd n’uruganda rwa SIP Kicukiro Ltd

INAMA YA CHOGM YATANGIJWE KUMUGARAGARO,Perezida Kagame Atanga Ikaze Kubitabiriye Inama Ya CHOGM 2022

Kuri uyu wa gatanu nibwo hatangijwe ku mugaragaro inama y’abakuru b’ibihugu naza guverinoma bigize umuryango wa Commonwealth (CHOGM).

MENYA AMWE MU MATEKA Y’UMURYANGO WA COMMONWEALTH NI INKOMOKO YA CHOGM U RWANDA RWAKIRIYE UYU MWAKA WA 2022

Umuryango wa Commonwealth ni umwe mu mashyirahamwe ya politiki amaze igihe ku isi. Inkomoko yawo ituruka ku Bwami bw'Ubwongereza, igihe ibihugu bimwe byo ku isi byakoronizwaga n’Ubwongereza.

Ibintu 17 Utaruzi Ukeneye Kumenya.

Ni kenshi abantu bibaza ku byo babona, bakibaza impamvu byabayeho cyangwa bimwe bikabaho ntibamenye ko biriho! Uyu munsi, twabahitiyemo bicye muri byinshi abahanga ndetse n'abashakashatsi bagiye bavumbura mu bushakashatsi bagiye bakora ku mibereho y'abantu no mu buzima bwa buri munsi.

UMURYANGO W’ABAYISILAMU MU RWANDA WAKIRIYE IMPANO Y’IBIRIBWA MU RWEGO RWO KWIFATANYA N’ABATISHOBOYE MURI IKI GIHE CY’IGIFUNGO CYA RAMADHANI YAHAWE NA AMBASADE YA TURKIYA MU RWANDA KU BUFATANYE N’IKIGO CYA TIKA CYO MURI ICYO GIHUGU.

Ni impano igizwe n’amakarito magana atanu (500), akubiyemo ibiribwa by’ibanze nk’amavuta yo guteka, umuceri, umunyu, n’ibindi. Kwakira ifutali ndetse no kuyitanga hirya no hino mu gihugu, mu gihe nk’iki cy’igisibo cya Ramadhan ku bayislam bose bafata nk’igihe cyiza cyo kwifatanya n’abandi mu gihe umwe agize icyo arusha undi, ni igikorwa ngarukamwaka nk’uko umuyobozi w’Idini ya Islamu mu Rwanda (Mufti) Sheikh Salim HITIMANA yabidutangarije. Mumagambo ye, Mufti w’u Rwanda yagize ati :

log.png