Latest News

Akamaro K’Amateka Yo Kwibuka (Inyandiko Ya Dr MUNYANSANGA Olivier/umwarimu Muri PIASS)

Imyaka hafi 30 igiye gushira, U Rwanda rwibuka kandi rwubaka inzibutso hose mu gihugu. Ibi byafashije Abanyarwanda bavutse nyuma ndetse n’abanyamahanga kumenya amateka mabi ya jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.

SAINT VALENTINE’S DAY, UMUNSI W’ABAKUNDANA.

Ntabwo turi bugaruke ku mateka y’uyu munsi, twe turibanda ku cyatuma uyu munsi urushaho kuryohera abawizihiza. Ni iki wakora ngo wereke umukunzi wawe ko umukunda kandi umuzirikana by’ukuri? Akenshi iyo tuvuze umukunzi tuba twerekeza ku bashakanye ndetse nawe niba ari igihe cyawe cyo kurambagiza, ibi nawe byakugirira umumaro.

UKO WABARA UKWEZI K’UMUGORE

Abakobwa benshi, abagore, abagabo ndetse n’abasore usanga bibaza uko wamenya kubara ukwezi k’umugore. Tugiye gufatanya kumenya uburyo wakoresha kugira ngo umenye ukwezi k’umugore icyo ari cyo, ukwezi kudahinduka ndetse n’ukwezi guhindagurika.

ISOKO RY’UMUVUMO MU IZINA RY’UMUGISHA: Ubucuruzi N’Ubwambuzi Mu Nsengero

Mu kiganiro n'umumotari yavuze ko nubwo asengera mu Itorero… ko asigaye yumva adashaka gutura amaturo kuko abona abashumba be icyo bashyize imbere ari ubucuruzi butuma bakira mafaranga menshi atari ukwakira amaturo Abakristo batanga babigambiriye kandi babikuye ku mutima nk’uko Bibiliya ibivuga. Ingero uwo mu motari yampaye zanyibukije ko ibyo avuga najye nagiye mbibona mu matorero amwe aho ubucuruzi buteye isoni busigaye bukorerwa. Kwandika kuri ubu bucuruzi bugayitse ni ukugirango hagire abo dukebura kandi no gufasha Abakristo kudacika intege zo gukorera Imana.

Presbytery Ya Kigali Yahagurukiye Kubaka Uburezi Bufite Ireme. Inyandiko Ya Dr Munyansanga Olivier Umwarimu Muri PIASS

Ku itarikiya 28 Ukuboza mu Kigo Isano hateraniye Inteko (Synode) ya Presbytery ya Kigali, iyobowe na perezida wayo Bwana Munyakiko Froduald. Iyo Nteko iterana rimwe mu mwaka, igira intumwa 75, muri zo izitora ni 48.

Ubuzima Butangaje Bwa Rev. Naasson Hitimana, Umupastoro Wambere Wa EPR. Inyandiko Ya Rev. Dr Munyansanga Olivier Umwalimu Muri PIASS.

Pasteur Hitimana Naasson (1932-2021) yatabarutse ku cyumweru mu gitondo ku itariki ya 5 Ukuboza 2021. Yavugaga ko ashobora kuba yaravutse mu mwaka wa 1926. Yabayeho ubuzima butangaje, akora imirimo idasanzwe, aba umujyanama, akuza abagabo n’abagore benshi. Ni umwe mu bashumba ba EPR ushobora kubera abantu benshi ikitegererezo gikomeye mu mibereho ya gikristo.

UBURYO BWIZA BWO GUFATA IMITI

Wowe usoma ibi waba warigeze kurwara ukajya kwivuza bakakwandikira imiti ndetse bakakubwira n’inshuro ugomba kuyinywa. Ese waba uzi impamvu bakubwira kuyinywa inshuro imwe (1), ebyiri (2), eshatu (3), enye (4), cg mu bundi buryo ?

logo_inverse11677109462.png