Latest News

Impungenge Ni Zose Ku Bahanga Mu Bwubatsi Ku Ivugururwa Ry’Umujyi Wa Rubavu

Impuguke mu bwubatsi zisanga kuba Umujyi wa Rubavu ukomeje kuvugururwa hatarakorwa inyigo ku miterere y’ubutaka bishobora kuzateza ibibazo mu gihe hongeye kuba imitingito.

Rusizi-Mibilizi: Imibiri Irenga 500 Y'abazize Jenoside Yakorewe Abatutsi Imaze Kuboneka

Ibikorwa byo gushakisha imibiri y'abazize Jenoside yakorewe Abatutsi birakomeje i Mibilizi mu Karere ka Rusizi. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane habonetse imibiri 108.

Abarokokeye Jenoside Ku Mugina Basabye Ko Imibiri Y’abahaguye Yaboneka Igashyingurwa Mu Cyubahiro

Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bo mu cyahoze ari Komine Mugina mu Karere ka Kamonyi, barasaba abari abaturanyi babo gutanga amakuru y'ahaherereye imibiri y'abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi kugira ngo ishyingurwe mu cyubahiro.

Uburyo Ikoranabuhanga Ririmo Guhindura Ubuzima Bw’Abanyarwanda

Abatuye mu Rwanda n'abahakorera, bemeza ko ikoranabuhanga ririmo kuborohereza mu mikorere yabo ya buri munsi bitewe na gahunda ya Smart Cities irimo gukurikiranwa n'Ubunyamabanga bw'ikigo Smart Africa gifite icyicaro muri Kigali.

Ikigo Gishinzwe Ubucukuzi Ntikizi Nyiri Ikirombe Cyaguyemo Abantu 6 I Huye

Ikigo gishinzwe mine, peteroli na gaz mu Rwanda kivuga kitaramenya umuntu wakoreraga ubucukuzi mu kirombe cyaguyemo abantu 6 mu Karere ka Huye.

MINICOM Yasobanuye Impamvu Ibishyimbo Bitashyiriweho Igiciro Fatizo

Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda irasaba abacuruzi kubahiriza ibiciro bishya byashyizweho ku biribwa birimo ibigori, ifu ya kawunga n’umuceri kuko byashyizweho nyuma yo gusuzuma umusaruro w’ibyo biribwa mu gihugu.

Guverinoma Yagabanyije Imisoro Hashingiwe Ku Cyemezo Cya Perezida Kagame

Guverinoma yagabanyije imisoro hashingiwe ku cyerekezo cyatanzwe na Perezida Kagame muri Mutarama uyu mwaka. Urugero, umusoro w'ubutaka washyizwe hagati ya 0-80 Frw uvuye hagati ya 0-300Frw kuri metero kare.

log.png