Latest News

Umuco Wo Kuzigama Waba Warihishe Abanyarwanda? Inyandiko Ya Dr MUNYANSANGA Olivier/Umwarimu Muri PIASS

Kuzigama ni kimwe mu bintu byibanze bikorwa kugira ngo umuntu agere kw’iterambere yifuza, kuzigama biragoboka, bikarinda umuntu kujya kuguza n’ingaruka zabyo.

Supporting Elderly Over 60 Years By Dr. MUNYANSANGA Olivier, Lecturer At PIASS

Rwanda’s population was 10.5 million people in 2012 and is projected to increase by more than 50% to 17.6 million by 2035 and double to about 22.1 million people by 2050.

Rutsiro: Batanu Batawe Muri Yombi Bazira Kunyereza Ibyagenewe Abakozweho N'ibiza

Ku cyumweru tariki 14 Gicurasi 2023, RIB yafunze abakozi batanu bo mu Karere ka Rutsiro bakurikiranyweho kunyereza ibyari bigenewe abagizweho ingaruka n'ibiza.

Ibi Biza Turabitsinda Nk’ibindi Byose-Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yijeje Abanyarwanda ko igihugu kizatsinda ibiza nkuko cyatsinze ibindi bibazo.

Abadepite Bemeje Umushinga W'ivugururwa Ry'Itegeko Nshinga

Inteko rusange y’Umutwe w'Abadepite yemeje umushinga w'ivugurura ry'itegeko nshinga rya Repubulika y’u Rwanda watangijwe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame.

Kigali: Bamwe Mu Batuye Ahashyira Ubuzima Bwabo Mu Kaga Batangiye Kwimuka

Bamwe mu batuye umujyi wa Kigali mu bice bigaragara ko byashyira ubuzima bwabo mu kaga (Amanegeka) batangiye kwimuka nyuma yo kubona ko inzu bari batuyemo zatangiye kugaragaza ibimenyetso byo gusenyuka kubera imvura, ahandi hakaba hatangiye kumanuka itaka n’imicanga ku buryo bemeza ko igihe icyaricyo cyose bishobora gutwikira inzu zabo.

Rubavu: Amashuri Yibasiwe N’ibiza Yasubukuye Amasomo

Abiga mu mashuri ya Ecole d'Arts,Petit Seminaire de Nyundo ndetse na Lycee Notre Dame yari yashegeshwe n' imyuzure ya Sebeya barashima Leta yakoze iby' ibanze bishoboka byose none amasomo yasubukuye.

log.png