Latest News

DUSOBANUKIRWE N'INDWARA ZO MU MUTWE

Bavuga ko umuntu arwaye mu mutwe igihe adashobora kugenzura ibitekerezo bye, ibyiyumvo bye n’imyifatire ye. Uyirwaye akenshi ntabasha gushyikirana neza n’abandi no gusohoza neza inshingano ze za buri munsi.

IMPINDUKA ZIBA MU MUBIRI BITEWE NO GUCURA (MENOPAUSE)

Gucura ni igihe umugore ageramo, ibyo bita imirerantanga (ovaires) bigabanya gukora umusemburo witwa oestrogenes, imihango ikagenda igabanuka yageraho igahagarara. N’ubwo abagore benshi bagera mu gihe cyo gucura ku myaka 50, ariko hari n’abo biza hagati y’imyaka 40 na 55.

INDWARA Y’UBWONKO IKUNZE KWITWA STROKE, AVC

Indwara bita stroke, ni ugutakaza bitunguranye imikorere imwe n’imwe cg myinshi y’ubwonko, bitewe no guhagarara nako gutunguranye ko gutembera kw’amaraso mu mitsi igaburira ubwonko ibyo bigatuma ubwonko butabona umwuka ukenewe n’intungamubiri bukeneye kugira bukomeze gukora.

INGARUKA MBI ZA TELEFONE NGENDANWA KU BUZIMA BWACU

Hari inyandiko zimwe zivuga ko hari ukwiyongera kw’ibibyimba byo mu bwonko ku bantu bakoresha telephone igihe kirekire.

Abarenga 200 Bamaze Gukingirwa Icyorezo Cya Marburg

Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana yatangaje ko kugeza ubu abantu barenga 200 bamaze gukingirwa Icyorezo cya Marburg mu Rwanda.

WASAC Igiye Kubaka Bundi Bushya Ikimoteri Cya Nduba

Ikigo gishinzwe gukwirakwiza amazi, isuku n'isukura WASAC cyavuze ko kigiye gutangira kubaka bundi bushya ikimoteri cya Nduba bitewe n'uko imyanda ikimenwamo yarenze ubushobozi bwacyo.

IBIMENYETSO 10 BYAKWEREKA KO USHOBORA KURWARA KANSERI

Twese dutekereza ko dukunda ubuzima ariko ugasanga,rimwe na rimwe ari tutabwitaho uko bikwiye. Igihe kinini twirengagiza uburwayi bworoheje bwa hato na hato tugira, kandi hari igihe buba butuburira ko hari indwara ikomeye ishobora kuza, ari nako bigenda kuri kanseri.

log.png