Abagore benshi bahora bibaza uko abagabo bateye n’impamvu bitwara mu buryo butandukanye n’uko bo babibona. Gusobanukirwa abagabo ntibigarukira ku kurebera ibintu hejuru gusa, bisaba kumenya imitekerereze, imyitwarire n’ibyifuzo abenshi bahuriraho.
Newlyweds often start with big dreams, love, and hope. However, as time passes, these feelings can fade, and some may feel disappointed because they didn’t realize that marriage is a journey they are no longer in the same place as when they started.
Abashakanye batangira bafite inzozi nyinshi, urukundo n’ibyiringiro. Nyamara uko iminsi igenda ishira ibyo byose bigenda bigabanuka, ndetse bamwe bakumva byarashize, kuko batamenye ko bari mu rugendo (batagihagaze aho batangiriye). Buri wese agakeka ko yibeshye ku wo bari kumwe, akibwira ko atari we bagombaga kubana.
After five days of reflection, dialogue, and cross-continental exchange, the international conference “Colonialism, Mission, and Responsibilities for the Future: The Example of the Great Lakes Region in Central Africa” concluded on October 10, 2025, at the Bethany Hotel in Karongi.
Ubundi kugira umukunzi (inshuti) ni ukugira imibanire y’amarangamutima n’umuntu, akaba ari we uhinduka uw’ingenzi mu buzima bwawe kandi nawe ukaba uri uw’ingenzi kuri we.
Face à la problématique des grossesse précoces chez les adolescentse, l’EPR n’a pas choisi de les condamner pour avoir enfreint les lois divines ni de les assister seulement en raison des défis auxquels elles sont confrontées, elle s’est lancée plutôt à la recherché des causes profondes de ce problème.
“Amatabaza yanyu ahore yaka” (Luka 12:35) ni intego yari iyoboye igiterane cy’ivugabutumwa cyateguwe n’urwego rw’abagore bo muri presbytery ya Kigali, rwahuje abatwaramucyo (abagore n’abakobwa) bo muri paruwase (paroisse) zitandukanye zo muri iyo presbytery.
Inyigisho n’uburezi bitangwa bigira uruhare mu kwibutsa abana ko ubwiza budashingiye ku byo tubona inyuma gusa, ahubwo ko bushingiye mu kwiyubaha no kubaha abandi.
Igihe cy’ubugimbi n’ubwangavu, si igihe gikomerera abana gusa ahubwo ni igihe gikomerera ababyeyi kurushaho
Mu Kinyarwanda baravuga ngo “Aho kwica gitera wakwica ikibimutera”. Uwo mugani bawuca bashaka kuvuga ko, aho kureba ikibazo uko kigaragara ahubwo ukwiye kureba aho gituruka kugira ngo ushobore kugikemura neza.
Abahanga mu by’isanzure, ubumenyi bw’isi n’imihindagurikire y’ikirere bakomeje kuvuga ko nta garuriro ry’igabanuka ry’ubushyuhe kw’isi, ni ukuvuga ko ubushyuhe nibukomeza kwiyongera ikiremwa muntu gishobora gucika ku isi nk'uko hari ibindi biremwa byinshi bimaze gucika. Ubwoko 571 bw’ibiremwa bimaze gucika ku isi kuva mu mwaka wa 1750.
Umwuma ni igihe imbere mu mubiri w’umuntu habuze amazi n’imyunyu ngugu bikenewe.