Articles

RELIGION

UMURYANGO MWIZA LIVE CONCERT SEASON 2 LIVE

Kuri icyi cyumweru 27/10/2024, Family of Singers yabateguriye igitaramo yise Umuryango mwiza Season 2, kikaba kiri kubera muri Camp Kigali

HEALTH

INGARUKA MBI ZA TELEFONE NGENDANWA KU BUZIMA BWACU

Hari inyandiko zimwe zivuga ko hari ukwiyongera kw’ibibyimba byo mu bwonko ku bantu bakoresha telephone igihe kirekire.

HEALTH

Abarenga 200 Bamaze Gukingirwa Icyorezo Cya Marburg

Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana yatangaje ko kugeza ubu abantu barenga 200 bamaze gukingirwa Icyorezo cya Marburg mu Rwanda.

SOCIAL

UBURYO BWIZA WABWIRAMO UMUNTU KO YAKOZE AMAKOSA

Mu nkuru zabanje twabonye ko kubabarira uwakubabaje, ari ukwiha impano ku giti cyawe, kuko ari wowe utanze imbabazi bigirira akamaro. Twabonye ko, iyo utanze imbabazi uba ufashije benshi bibaza niba bagomba kubabarira, iyo wihoreye ku wakubabaje nabwo uba ufashije benshi bumva ko kubabarira atari ngombwa.

SOCIAL

KUBABARIRA NI BUMWE MU BURYO BWIZA BWO KWIKUNDA

Kubabarira uwakubabaje ni imwe mu mpano nziza kandi zikomeye ushobora kwiha, kandi ni bumwe mu buryo bwiza bwo kwikunda.

SOCIAL

Uwari Umuyobozi Wa Kaminuza Ya UTB Prof Dr Simon, Yitabye Imana

Ku wa Kabiri tariki ya 11 Kamena 2024 ni bwo inkuru y'incamugongo yatangiye gusakara hose ko uwari umuyobozi mukuru wa UTB Prof Dr Simon Wiehler yapfuye.

SOCIAL

UMWITOZO WAGUFASHA KUBABARIRA UWAGUHEMUKIYE (IMPANO YO KUBABARIRA IGICE CYA 4)

Mu nkuru iheruka twavuze ko tuzakora umwitozo wadufasha gutanga imbabazi ku baduhemukiye. Umwanditsi Pierre Pradervand atubwira zimwe mu nteruro ushobora gukoresha wiga kubabarira.

SOCIAL

Itorero Peresibiteriyene Mu Rwanda – EPR, Remera Presbytery, Bibutse Abashumba N’abakristo Bazize Jenocide Yakorewe Abatutsi Mu 1994.

Ni kuri uyu wa gatandatu taliki 1 kamena 2024, Itorero Peresibiteriyene mu Rwanda – EPR, Remera Presbytery ifite icyicaro mu karere ka Kamonyi, umurenge wa Rukoma

RELIGION

Ni Indirimbo Y'ibihe Byose! Umuramyikazi Gisa Cloudine Yasohoye Indirimbo Yitwa "KOMERA"

Gisa Cloudine ni umuhanzikazi uvuka mu Karere ka Musanze Umurenge wa Muhoza. Ni umukristo usengera mu itorero rya ADEPR Paruwasi ya Muhoza.

RELIGION

Imvamutima Za Mabosi Dufitimana Yujuje Miliyoni Eshatu, Ateguza Igitaramo Karahabutaka

Umuramyikazi Niyomukesha Christine, wamamaye nka Mabosi, yavukiye mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Kimironko, mu mudugudu wa Rwayinzira ho mu Mujyi wa Kigali.

RELIGION

MBERE YO GUTARAMA, FABRICE NA MAYA BASHYIZE HANZE IBIHANGANO BIKORANYE UBUHANGA KU MBUGA NKORANYAMBAGA.

Barashima Imana ko uyu mwaka wababereye umwaka mwiza, ni umwaka bakoreyemo ibitaramo byinshi byiza kandi biteguye ku rwego rwo hejuru

RELIGION

IMPANO YO KUBABABARIRA (NEXT)

Nk’uko twagiye tubibona mu nkuru zabanje, kubabarira uwakubabaje ni ukwiha impano ku giti cyawe kuko ni wowe utanze imbabazi bigirira akamaro.