Articles

HEALTH

IGISUBIZO CYO GUHORA UFUNGANYE AMAZURU

Abantu benshi bakunze kugira ikibazo cyo gufungana mu mazuru. Bamwe babifata nk’ibintu bisanzwe ndetse bakavuga ko bidakira. Abandi bahora kwa muganga bivuza bagahabwa imiti ibafasha nyuma y’igihe gito bikagaruka.

SOCIAL

EPR’S ROLE IN PREVENTING TEENAGE PREGNANCIES IN RWANDA

Various studies on the subject have revealed that one of the root causes of unintended pregnancies is the limited access to reliable information and knowledge about reproductive health. This is compounded by irresponsibility and the lack of involvement of boys and men in the prevention of unwanted pregnancies, as well as a general absence of early education promoting positive masculinity.

HEALTH

UBURWAYI BWO KUDUHIRA MU MATWI (INJERERI MU MATWI)

Kuduhira mu matwi ni igihe cyose wumva ibimeze nk’amajwi mu matwi yawe wenyine, utazi isoko yayo kandi akaba adaturutse mu bivuga biri hanze yawe.

SOCIAL

573 Graduate From The Protestant University Of Rwanda Completed Their University Studies

The Protestant University of Rwanda (PUR) hosted the 12th graduation ceremony for 573 students who completed their studies in the Faculty of Development Studies, the Faculty of Education, and the Faculty of Theology and Religious Studies. Among them were also 11 students who completed their Master's programs in Theology.

SOCIAL

EPR DANS LA PREVENTION DES GROSSESSES CHEZ LES ADOLESCENTES

Au Rwanda, la problématique des grossesses précoces chez les adolescentes revient souvent dans les débats publics. Ce problème engendre de nombreuses conséquences, tant pour les filles adolescentes concernées que pour leurs familles, pour l’Église, ainsi que toute la société.

HEALTH

EPR MURI GAHUNDA YO GUKUMIRA INDA ZITERWA ABANGAVU

Ubushakashatsi bwerekana ko zimwe mu mpamvu zituma abo bana baterwa inda, harimo kutagira amakuru ahagije kandi y’ukuri ku bijyanye n’ubuzima bw’imyororokere, kutagira uruhare kw’abahungu ndetse n’abagabo mu ikumirwa ry’inda zitateganyijwe, bishingiye kandi ku kudatozwa bakiri bato imyitwarire iboneye ya kigabo idahutaza.

SOCIAL

AMAKIMBIRANE NI IKI?

Amakimbirane avugwa igihe hari ubwumvikane buke hagati y’abantu ubwabo cg se hagati y’amatsinda bitewe n’uko bafite imyumvire inyuranye ku kintu runaka cg se iyo inyungu zabo zinyuranye kuri icyo kintu. Uko kutumvikana bishobora kuba impamvu y’umwuka utari mwiza hagati yabo, umujinya, rimwe na rimwe hakazamo n’ubugizi bwa nabi bitewe n’intera ayo makimbirane ariho.

HEALTH

IBIMENYETSO BIKWEREKA KO UMWANA AFITE IHUNGABANA N’UBURYO YAFASHWA

Yari umwana wishimye kandi wishimiye ubuzima. Umunsi umwe Kasi abona ko se, amara igihe kinini avugana n’abagabo bo ku musozi w’iwabo, naho nyina akavugana n’abandi bagore bo mu itorero. Rimwe nijoro akurwa mu bitotsi na mukuru we, hanyuma umuryango wose usohoka mu nzu wiruka.

HEALTH

ZIMWE MU NZIRA ZO GUKIRA IBIKOMERE BYO KU MUTIMA

Mu nkuru iheruka twabonye ko imwe mu nzira zo gukira igikomere cyo ku mutima ari ugusohora agahinda kacu, tukabwira uwo twizeye ko aduteze amatwi. Indi nzira ni ugukora icyunamo duciye mu nzira ikwiye.

HEALTH

ZIMWE MU NZIRA ZO GUKIRA IBIKOMERE BYO KU MUTIMA

Mu bidukomeretsa umutima, usanga ibyo abantu bamwe banyuzemo ari bibi cyane kurusha abandi, ariko uburyo abantu babyitwaramo buratandukanye.

HEALTH

DUSOBANUKIRWE N’IBIKOMERE BYO KU MUTIMA

Mu buzima bwacu duhura n’ibibazo bitandukanye bitugiraho ingaruka. Ingaruka z’ibyo bibazo nizo zidutera ibyo twita ibikomere byo ku mutima. Rimwe na rimwe hari ubwo tumenya ko imyitwarire dufite uyu munsi iterwa n’ibibazo twaciyemo ariko hari n’ubwo tutabimenya bityo tugahora dufitanye ibibazo n’abandi kuko tutazi ko turwaye cg se bo batazi ko turwaye.

HEALTH

DUSOBANUKIRWE N'INDWARA ZO MU MUTWE

Bavuga ko umuntu arwaye mu mutwe igihe adashobora kugenzura ibitekerezo bye, ibyiyumvo bye n’imyifatire ye. Uyirwaye akenshi ntabasha gushyikirana neza n’abandi no gusohoza neza inshingano ze za buri munsi.