Articles

SOCIAL

GUSABA NO GUTANGA IMBABAZI: INZIRA YO GUKIZA IBIKOMERE BY'UMUTIMA

Ubundi gusaba imbabazi ni umuco mwiza usanzwe muri sosiyete, haba umuntu ku giti cye cg se ku bandi. Ni uburyo bwo kugabanya umujinya, urwango, kurwanya amakimbirane ashobora kuza, kwirinda kwica imibanire myiza mufite, kugarura umuntu cg se itsinda ry’abantu mu buzima busanzwe igihe hakozwe ibyaha. Muri make gusaba imbabazi ni uburyo bwo kugumana imibanire myiza.

SOCIAL

BUMWE MU BURYO BWAKURINDA KWIHEBA MU BIHE BIKOMEYE

Ibyo bibazo bishobora kuba iby’iminota mike, amasaha, iminsi, amezi cyangwa imyaka. Ikirushaho gukomerera ubirimo ni uko hari igihe bitinda gukemuka cyangwa uko iminsi ishira bikagenda byiyongera kurushaho. Ibi byose bishobora gutera ubirimo kwiheba no gucika intege, ndetse yaba asenga agatekereza ko Imana yamwibagiwe cyangwa yamwibasiye

SOCIAL

IGISOBANURO CY’UBUZIMA BWO KU ISI NI IKIHE?

Abantu benshi usanga bibaza igisobanuro cy’ubuzima n’impamvu bari ku isi bikabayobera. Ese mu by’ukuri ni ikihe? Icyo kibazo abenshi igisubizo cyacyo kibabera ingorabahizi.

SOCIAL

IMPANO KAREMANO Y’ UMWANA WAWE N’IYIHE?

Impano karemano ni ubushobozi budasanzwe umwana avukana, bugatuma akora cyangwa ahanga udushya tw’umwihariko bitamusabye kwiga cyane, ibyo akoze bikagaragaramo ubuhanga buri hejuru.

SOCIAL

Strengthening Ties: PUR Hosts Second Module Of EU Integration And Africa Cooperation Seminar

On June 23 and 24, 2026, the Protestant University of Rwanda (PUR) hosted the second module of its seminar series on EU Integration and Africa Cooperation. Organized in partnership with the European Union through the Jean Monnet Network, the event convened students, researchers, academics, policymakers, and development practitioners for two days of substantive discussion on the evolving relationship between Africa and Europe. Participants joined both in person and via Zoom, reflecting the seminar's broad reach and relevance.

SOCIAL

MORE THAN MONEY: RETHINKING FUNDRAISING AS COMMUNITY ENGAGEMENT

The idea was simple, fundraising is not just about collecting money. At its best, it is about building relationships, strengthening communities, and acting out of genuine care for one another.

HEALTH

AMATEKA Y’INZOGA NUKO YICA UBWONKO, ABANTU BAYIVAHO BURUNDU (Inyandiko Ya Dr Munyansanga Olivier, Umwalimu Muri Protestant University Of Rwanda)

Alcohol ni ikinyabutabire cyiyongera cyane iyo wa mutobe bawucaniriye ubundi alcohol igasohoka nk’umwuka bakonjesha ugahinduka alcohol isukika ifite ubukana buri hejuru.

RELIGION

NYABINGI, UMUGORE UTEYE AMATSIKO ATANGAJE Inyandiko Ya Dr Munyansanga Olivier, Umwalimu Muri PUR (Protestant University Of Rwanda)

Nyabingi ni izina ry’umwuka cyangwa imana y’umugore wubashywe mu myemerere ya kera. Nyabingi yafatwaga nk’umuntu wari ufite umwuka w’ubumuntu, ubutabera, n’ubuhanuzi. Ahanini uwo mwuka wakoreshwaga mu kurwanya akarengane no gushimangira uburinganire.

SOCIAL

International Workshop On Colonial Legacies And Decolonization Held At Protestant University Of Rwanda

The Protestant University of Rwanda from 1 to 14 March 2026 recently hosted an important international workshop under the theme, “Dealing with Legacies of colonization and Changing Narratives in the Decolonization Process: Burundi, Germany, and Rwanda.” The workshop brought together a diverse group of participants, all united by one common purpose: to reflect critically on the legacy of colonialism and to explore how new and more balanced narratives can be built for the future.

RELIGION

Ibyahishwe Abizera – Igice Cya Mbere: Bibiliya Yaturutsehe?

Iboneka ry’amateka y’ishingwa rya Bibiliya: Inkomoko, iyandikwa, iyandukurwa n’irondakurikizwa (Transmission and Preservation)

SOCIAL

Artificial Intelligence, Digital Religion, And The Future Of Humanity: Moltbook, Crustafarianism, And The Rise Of Superhuman AI

At the beginning of this decade, artificial intelligence (AI) has entered a phase of rapid and transformative growth. Systems that once struggled with elementary arithmetic are now assisting with advanced coding, scientific research, and complex reasoning tasks.

SOCIAL

Africa Crossroad From Fossil Fuels To Renewable Energy, Case Of Rwanda By Dr NDAYIZEYE MUNYANSANGA Olivier, Lecturer At Protestant University Of Rwanda (PUR), Member Of AFAN-CJ And COP 30 Delegate

Africa crossroad from fossil fuels to renewable energy, case of Rwanda by Dr NDAYIZEYE MUNYANSANGA Olivier, Lecturer at Protestant University of Rwanda (PUR), member of AFAN-CJ and COP 30 delegate