Latest News

BUMWE MU BURYO BWAKURINDA KWIHEBA MU BIHE BIKOMEYE

Ibyo bibazo bishobora kuba iby’iminota mike, amasaha, iminsi, amezi cyangwa imyaka. Ikirushaho gukomerera ubirimo ni uko hari igihe bitinda gukemuka cyangwa uko iminsi ishira bikagenda byiyongera kurushaho. Ibi byose bishobora gutera ubirimo kwiheba no gucika intege, ndetse yaba asenga agatekereza ko Imana yamwibagiwe cyangwa yamwibasiye

IGISOBANURO CY’UBUZIMA BWO KU ISI NI IKIHE?

Abantu benshi usanga bibaza igisobanuro cy’ubuzima n’impamvu bari ku isi bikabayobera. Ese mu by’ukuri ni ikihe? Icyo kibazo abenshi igisubizo cyacyo kibabera ingorabahizi.

IMPANO KAREMANO Y’ UMWANA WAWE N’IYIHE?

Impano karemano ni ubushobozi budasanzwe umwana avukana, bugatuma akora cyangwa ahanga udushya tw’umwihariko bitamusabye kwiga cyane, ibyo akoze bikagaragaramo ubuhanga buri hejuru.

Strengthening Ties: PUR Hosts Second Module Of EU Integration And Africa Cooperation Seminar

On June 23 and 24, 2026, the Protestant University of Rwanda (PUR) hosted the second module of its seminar series on EU Integration and Africa Cooperation. Organized in partnership with the European Union through the Jean Monnet Network, the event convened students, researchers, academics, policymakers, and development practitioners for two days of substantive discussion on the evolving relationship between Africa and Europe. Participants joined both in person and via Zoom, reflecting the seminar's broad reach and relevance.

MORE THAN MONEY: RETHINKING FUNDRAISING AS COMMUNITY ENGAGEMENT

The idea was simple, fundraising is not just about collecting money. At its best, it is about building relationships, strengthening communities, and acting out of genuine care for one another.

AMATEKA Y’INZOGA NUKO YICA UBWONKO, ABANTU BAYIVAHO BURUNDU (Inyandiko Ya Dr Munyansanga Olivier, Umwalimu Muri Protestant University Of Rwanda)

Alcohol ni ikinyabutabire cyiyongera cyane iyo wa mutobe bawucaniriye ubundi alcohol igasohoka nk’umwuka bakonjesha ugahinduka alcohol isukika ifite ubukana buri hejuru.

NYABINGI, UMUGORE UTEYE AMATSIKO ATANGAJE Inyandiko Ya Dr Munyansanga Olivier, Umwalimu Muri PUR (Protestant University Of Rwanda)

Nyabingi ni izina ry’umwuka cyangwa imana y’umugore wubashywe mu myemerere ya kera. Nyabingi yafatwaga nk’umuntu wari ufite umwuka w’ubumuntu, ubutabera, n’ubuhanuzi. Ahanini uwo mwuka wakoreshwaga mu kurwanya akarengane no gushimangira uburinganire.