Latest News

INGARUKA MBI ZA TELEFONE NGENDANWA KU BUZIMA BWACU

Hari inyandiko zimwe zivuga ko hari ukwiyongera kw’ibibyimba byo mu bwonko ku bantu bakoresha telephone igihe kirekire.

Abarenga 200 Bamaze Gukingirwa Icyorezo Cya Marburg

Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana yatangaje ko kugeza ubu abantu barenga 200 bamaze gukingirwa Icyorezo cya Marburg mu Rwanda.

UBURYO BWIZA WABWIRAMO UMUNTU KO YAKOZE AMAKOSA

Mu nkuru zabanje twabonye ko kubabarira uwakubabaje, ari ukwiha impano ku giti cyawe, kuko ari wowe utanze imbabazi bigirira akamaro. Twabonye ko, iyo utanze imbabazi uba ufashije benshi bibaza niba bagomba kubabarira, iyo wihoreye ku wakubabaje nabwo uba ufashije benshi bumva ko kubabarira atari ngombwa.

KUBABARIRA NI BUMWE MU BURYO BWIZA BWO KWIKUNDA

Kubabarira uwakubabaje ni imwe mu mpano nziza kandi zikomeye ushobora kwiha, kandi ni bumwe mu buryo bwiza bwo kwikunda.

Uwari Umuyobozi Wa Kaminuza Ya UTB Prof Dr Simon, Yitabye Imana

Ku wa Kabiri tariki ya 11 Kamena 2024 ni bwo inkuru y'incamugongo yatangiye gusakara hose ko uwari umuyobozi mukuru wa UTB Prof Dr Simon Wiehler yapfuye.

UMWITOZO WAGUFASHA KUBABARIRA UWAGUHEMUKIYE (IMPANO YO KUBABARIRA IGICE CYA 4)

Mu nkuru iheruka twavuze ko tuzakora umwitozo wadufasha gutanga imbabazi ku baduhemukiye. Umwanditsi Pierre Pradervand atubwira zimwe mu nteruro ushobora gukoresha wiga kubabarira.

Itorero Peresibiteriyene Mu Rwanda – EPR, Remera Presbytery, Bibutse Abashumba N’abakristo Bazize Jenocide Yakorewe Abatutsi Mu 1994.

Ni kuri uyu wa gatandatu taliki 1 kamena 2024, Itorero Peresibiteriyene mu Rwanda – EPR, Remera Presbytery ifite icyicaro mu karere ka Kamonyi, umurenge wa Rukoma