Ibyo bibazo bishobora kuba iby’iminota mike, amasaha, iminsi, amezi cyangwa imyaka. Ikirushaho gukomerera ubirimo ni uko hari igihe bitinda gukemuka cyangwa uko iminsi ishira bikagenda byiyongera kurushaho. Ibi byose bishobora gutera ubirimo kwiheba no gucika intege, ndetse yaba asenga agatekereza ko Imana yamwibagiwe cyangwa yamwibasiye
Abantu benshi usanga bibaza igisobanuro cy’ubuzima n’impamvu bari ku isi bikabayobera. Ese mu by’ukuri ni ikihe? Icyo kibazo abenshi igisubizo cyacyo kibabera ingorabahizi.
Impano karemano ni ubushobozi budasanzwe umwana avukana, bugatuma akora cyangwa ahanga udushya tw’umwihariko bitamusabye kwiga cyane, ibyo akoze bikagaragaramo ubuhanga buri hejuru.
On June 23 and 24, 2026, the Protestant University of Rwanda (PUR) hosted the second module of its seminar series on EU Integration and Africa Cooperation. Organized in partnership with the European Union through the Jean Monnet Network, the event convened students, researchers, academics, policymakers, and development practitioners for two days of substantive discussion on the evolving relationship between Africa and Europe. Participants joined both in person and via Zoom, reflecting the seminar's broad reach and relevance.
The idea was simple, fundraising is not just about collecting money. At its best, it is about building relationships, strengthening communities, and acting out of genuine care for one another.
Alcohol ni ikinyabutabire cyiyongera cyane iyo wa mutobe bawucaniriye ubundi alcohol igasohoka nk’umwuka bakonjesha ugahinduka alcohol isukika ifite ubukana buri hejuru.
Nyabingi ni izina ry’umwuka cyangwa imana y’umugore wubashywe mu myemerere ya kera. Nyabingi yafatwaga nk’umuntu wari ufite umwuka w’ubumuntu, ubutabera, n’ubuhanuzi. Ahanini uwo mwuka wakoreshwaga mu kurwanya akarengane no gushimangira uburinganire.