Latest News

EPR DANS LA PREVENTION DES GROSSESSES CHEZ LES ADOLESCENTES

Au Rwanda, la problématique des grossesses précoces chez les adolescentes revient souvent dans les débats publics. Ce problème engendre de nombreuses conséquences, tant pour les filles adolescentes concernées que pour leurs familles, pour l’Église, ainsi que toute la société.

EPR MURI GAHUNDA YO GUKUMIRA INDA ZITERWA ABANGAVU

Ubushakashatsi bwerekana ko zimwe mu mpamvu zituma abo bana baterwa inda, harimo kutagira amakuru ahagije kandi y’ukuri ku bijyanye n’ubuzima bw’imyororokere, kutagira uruhare kw’abahungu ndetse n’abagabo mu ikumirwa ry’inda zitateganyijwe, bishingiye kandi ku kudatozwa bakiri bato imyitwarire iboneye ya kigabo idahutaza.

AMAKIMBIRANE NI IKI?

Amakimbirane avugwa igihe hari ubwumvikane buke hagati y’abantu ubwabo cg se hagati y’amatsinda bitewe n’uko bafite imyumvire inyuranye ku kintu runaka cg se iyo inyungu zabo zinyuranye kuri icyo kintu. Uko kutumvikana bishobora kuba impamvu y’umwuka utari mwiza hagati yabo, umujinya, rimwe na rimwe hakazamo n’ubugizi bwa nabi bitewe n’intera ayo makimbirane ariho.

IBIMENYETSO BIKWEREKA KO UMWANA AFITE IHUNGABANA N’UBURYO YAFASHWA

Yari umwana wishimye kandi wishimiye ubuzima. Umunsi umwe Kasi abona ko se, amara igihe kinini avugana n’abagabo bo ku musozi w’iwabo, naho nyina akavugana n’abandi bagore bo mu itorero. Rimwe nijoro akurwa mu bitotsi na mukuru we, hanyuma umuryango wose usohoka mu nzu wiruka.

ZIMWE MU NZIRA ZO GUKIRA IBIKOMERE BYO KU MUTIMA

Mu nkuru iheruka twabonye ko imwe mu nzira zo gukira igikomere cyo ku mutima ari ugusohora agahinda kacu, tukabwira uwo twizeye ko aduteze amatwi. Indi nzira ni ugukora icyunamo duciye mu nzira ikwiye.

ZIMWE MU NZIRA ZO GUKIRA IBIKOMERE BYO KU MUTIMA

Mu bidukomeretsa umutima, usanga ibyo abantu bamwe banyuzemo ari bibi cyane kurusha abandi, ariko uburyo abantu babyitwaramo buratandukanye.

DUSOBANUKIRWE N’IBIKOMERE BYO KU MUTIMA

Mu buzima bwacu duhura n’ibibazo bitandukanye bitugiraho ingaruka. Ingaruka z’ibyo bibazo nizo zidutera ibyo twita ibikomere byo ku mutima. Rimwe na rimwe hari ubwo tumenya ko imyitwarire dufite uyu munsi iterwa n’ibibazo twaciyemo ariko hari n’ubwo tutabimenya bityo tugahora dufitanye ibibazo n’abandi kuko tutazi ko turwaye cg se bo batazi ko turwaye.