Latest News

GUSOBANUKIRWA IMITERERE Y’UMUGORE: INKINGI Y’AMAHORO MU RUKUNDO NO MURYANGO

Mu buzima busanzwe bwaba ubw’abakundana cyangwa ubw’abashakanye, gusobanukirwa neza umugore ni intambwe ikomeye ituma umubano wanyu cyangwa urugo rwanyu rumererwa neza, rukarangwa n’amahoro kandi rugakomera.

Background Of COP 30 In Belém, Brazil By Dr NDAYIZEYE Munyansanga Olivier, Lecturer At Protestant University Of Rwanda (PUR) And AFAN-CJ Delegate

The 30th United Nations Climate Change Conference (COP 30) has taken place in Belem, Brazil, from November 10 to 21, 2025. Belem was chosen because the Amazon region which is an essential ecosystem for the planet, as it is responsible for maintaining the local, regional and global climate.

DUSOBANUKIRWE N’IMWE MU MITERERE Y’ABAGABO: UKURI ABAGORE BENSHI BATAMENYA

Abagore benshi bahora bibaza uko abagabo bateye n’impamvu bitwara mu buryo butandukanye n’uko bo babibona. Gusobanukirwa abagabo ntibigarukira ku kurebera ibintu hejuru gusa, bisaba kumenya imitekerereze, imyitwarire n’ibyifuzo abenshi bahuriraho.

STAGES OF MARRIED LIFE: A JOURNEY FULL OF LOVE AND CHALLENGES

Newlyweds often start with big dreams, love, and hope. However, as time passes, these feelings can fade, and some may feel disappointed because they didn’t realize that marriage is a journey they are no longer in the same place as when they started.

IBYICIRO BY’UBUZIMA BW’ABASHAKANYE: URUGENDO RWUZUYE URUKUNDO N’IBIGERAGEZO

Abashakanye batangira bafite inzozi nyinshi, urukundo n’ibyiringiro. Nyamara uko iminsi igenda ishira ibyo byose bigenda bigabanuka, ndetse bamwe bakumva byarashize, kuko batamenye ko bari mu rugendo (batagihagaze aho batangiriye). Buri wese agakeka ko yibeshye ku wo bari kumwe, akibwira ko atari we bagombaga kubana.

RWANDA HOSTS GLOBAL CONFERENCE ON COLONIALISM AND MISSION

After five days of reflection, dialogue, and cross-continental exchange, the international conference “Colonialism, Mission, and Responsibilities for the Future: The Example of the Great Lakes Region in Central Africa” concluded on October 10, 2025, at the Bethany Hotel in Karongi.

UBUCUTI N’URUKUNDO MU RUBYIRUKO: IKIGANIRO UMUBYEYI YAGIRANA N’UMWANA W’INGIMBI/UMWANGAVU

Ubundi kugira umukunzi (inshuti) ni ukugira imibanire y’amarangamutima n’umuntu, akaba ari we uhinduka uw’ingenzi mu buzima bwawe kandi nawe ukaba uri uw’ingenzi kuri we.