Latest News

DUSOBANUKIRWE N'INDWARA ZO MU MUTWE

Bavuga ko umuntu arwaye mu mutwe igihe adashobora kugenzura ibitekerezo bye, ibyiyumvo bye n’imyifatire ye. Uyirwaye akenshi ntabasha gushyikirana neza n’abandi no gusohoza neza inshingano ze za buri munsi.

IMPINDUKA ZIBA MU MUBIRI BITEWE NO GUCURA (MENOPAUSE)

Gucura ni igihe umugore ageramo, ibyo bita imirerantanga (ovaires) bigabanya gukora umusemburo witwa oestrogenes, imihango ikagenda igabanuka yageraho igahagarara. N’ubwo abagore benshi bagera mu gihe cyo gucura ku myaka 50, ariko hari n’abo biza hagati y’imyaka 40 na 55.

INDWARA Y’UBWONKO IKUNZE KWITWA STROKE, AVC

Indwara bita stroke, ni ugutakaza bitunguranye imikorere imwe n’imwe cg myinshi y’ubwonko, bitewe no guhagarara nako gutunguranye ko gutembera kw’amaraso mu mitsi igaburira ubwonko ibyo bigatuma ubwonko butabona umwuka ukenewe n’intungamubiri bukeneye kugira bukomeze gukora.

Promoting early relevant learning at primary education level By Dr NDAYIZEYE MUNYANSANGA Olivier (PhD University Of Geneva) lecturer at Protestant University Of Rwanda.

We are facing unprecedented social, economic, and environmental challenges driven by the acceleration of globalization processes with a faster rate of technological developments.

GUSABA NO GUTANGA IMBABAZI BITANGA AMAHORO

Icy’ingenzi kuruta ibindi kiba mu gusaba imbabazi, ni ukumva umerewe neza mu mutwe no kumva amahoro y’imbere muri wowe, kuko kubaho ubana n’umutima ugucira urubanza kubera ikosa wakoze, ntabwo bitera guhangayika kw’imbere muri wowe gusa, ahubwo bishobora no kugutera uburwayi bw’umubiri

ESE KUBABARIRA UWAGUHEMUKIYE BIRASHOBOKA?

Kubabarira uwakubabaje ni ihurizo rikomeye ku bantu benshi.

IMBARAGA ZAGUSHOBOZA KUBABARIRA UWAGUHEMUKIYE

Kubabarira uwakubabaje ntibiterwa n’uburemere bw’ikosa yakoze ahubwo biterwa n’ikigero cy’imyumvire uriho.