Latest News

CONTRIBUTION COLLECTIVE DANS LA PREVENTION DES GROSSESSES CHEZ LES ADOLESCENTES

Face à la problématique des grossesse précoces chez les adolescentse, l’EPR n’a pas choisi de les condamner pour avoir enfreint les lois divines ni de les assister seulement en raison des défis auxquels elles sont confrontées, elle s’est lancée plutôt à la recherché des causes profondes de ce problème.

ABATWARAMUCYO BO MU ITORERO RYA EPR MU IVUGABUTUMWA

“Amatabaza yanyu ahore yaka” (Luka 12:35) ni intego yari iyoboye igiterane cy’ivugabutumwa cyateguwe n’urwego rw’abagore bo muri presbytery ya Kigali, rwahuje abatwaramucyo (abagore n’abakobwa) bo muri paruwase (paroisse) zitandukanye zo muri iyo presbytery.

INAMA Z’INGENZI UKWIYE KUGIRA UMWANA W’UMUKOBWA

Inyigisho n’uburezi bitangwa bigira uruhare mu kwibutsa abana ko ubwiza budashingiye ku byo tubona inyuma gusa, ahubwo ko bushingiye mu kwiyubaha no kubaha abandi.

URUHARE RW’ABABYEYI MU GIHE KIGOYE CY’UBUGIMBI N’UBWANGAVU

Igihe cy’ubugimbi n’ubwangavu, si igihe gikomerera abana gusa ahubwo ni igihe gikomerera ababyeyi kurushaho

ABATWARAMUCYO BO MU ITORERO RYA EPR MU IVUGABUTUMWA

“Amatabaza yanyu ahore yaka” (Luka 12:35) ni intego yari iyoboye igiterane cy’ivugabutumwa cyateguwe n’urwego rw’abagore bo muri presbytery ya Kigali, rwahuje abatwaramucyo (abagore n’abakobwa) bo muri paruwase (paroisse) zitandukanye zo muri iyo presbytery.

ITORERO RYA EPR RIRAJWE ISHINGA N’INDA ZITERWA ABANGAVU

Mu Kinyarwanda baravuga ngo “Aho kwica gitera wakwica ikibimutera”. Uwo mugani bawuca bashaka kuvuga ko, aho kureba ikibazo uko kigaragara ahubwo ukwiye kureba aho gituruka kugira ngo ushobore kugikemura neza.

Inama Ya COP29 Ku Mihindagurike Y’ikirere N’ishyirwa Mu Bikorwa By’imyanzuro Yayo Mu Rwanda . Inyandiko Ya Dr Munyansanga Olivier Umwalimu Muri PUR (Protestant University Of Rwanda)

Abahanga mu by’isanzure, ubumenyi bw’isi n’imihindagurikire y’ikirere bakomeje kuvuga ko nta garuriro ry’igabanuka ry’ubushyuhe kw’isi, ni ukuvuga ko ubushyuhe nibukomeza kwiyongera ikiremwa muntu gishobora gucika ku isi nk'uko hari ibindi biremwa byinshi bimaze gucika. Ubwoko 571 bw’ibiremwa bimaze gucika ku isi kuva mu mwaka wa 1750.