Latest News

EPR’S ROLE IN PREVENTING TEENAGE PREGNANCIES IN RWANDA

Various studies on the subject have revealed that one of the root causes of unintended pregnancies is the limited access to reliable information and knowledge about reproductive health. This is compounded by irresponsibility and the lack of involvement of boys and men in the prevention of unwanted pregnancies, as well as a general absence of early education promoting positive masculinity.

UBURWAYI BWO KUDUHIRA MU MATWI (INJERERI MU MATWI)

Kuduhira mu matwi ni igihe cyose wumva ibimeze nk’amajwi mu matwi yawe wenyine, utazi isoko yayo kandi akaba adaturutse mu bivuga biri hanze yawe.

573 Graduate From The Protestant University Of Rwanda Completed Their University Studies

The Protestant University of Rwanda (PUR) hosted the 12th graduation ceremony for 573 students who completed their studies in the Faculty of Development Studies, the Faculty of Education, and the Faculty of Theology and Religious Studies. Among them were also 11 students who completed their Master's programs in Theology.

EPR DANS LA PREVENTION DES GROSSESSES CHEZ LES ADOLESCENTES

Au Rwanda, la problématique des grossesses précoces chez les adolescentes revient souvent dans les débats publics. Ce problème engendre de nombreuses conséquences, tant pour les filles adolescentes concernées que pour leurs familles, pour l’Église, ainsi que toute la société.

EPR MURI GAHUNDA YO GUKUMIRA INDA ZITERWA ABANGAVU

Ubushakashatsi bwerekana ko zimwe mu mpamvu zituma abo bana baterwa inda, harimo kutagira amakuru ahagije kandi y’ukuri ku bijyanye n’ubuzima bw’imyororokere, kutagira uruhare kw’abahungu ndetse n’abagabo mu ikumirwa ry’inda zitateganyijwe, bishingiye kandi ku kudatozwa bakiri bato imyitwarire iboneye ya kigabo idahutaza.

AMAKIMBIRANE NI IKI?

Amakimbirane avugwa igihe hari ubwumvikane buke hagati y’abantu ubwabo cg se hagati y’amatsinda bitewe n’uko bafite imyumvire inyuranye ku kintu runaka cg se iyo inyungu zabo zinyuranye kuri icyo kintu. Uko kutumvikana bishobora kuba impamvu y’umwuka utari mwiza hagati yabo, umujinya, rimwe na rimwe hakazamo n’ubugizi bwa nabi bitewe n’intera ayo makimbirane ariho.

IBIMENYETSO BIKWEREKA KO UMWANA AFITE IHUNGABANA N’UBURYO YAFASHWA

Yari umwana wishimye kandi wishimiye ubuzima. Umunsi umwe Kasi abona ko se, amara igihe kinini avugana n’abagabo bo ku musozi w’iwabo, naho nyina akavugana n’abandi bagore bo mu itorero. Rimwe nijoro akurwa mu bitotsi na mukuru we, hanyuma umuryango wose usohoka mu nzu wiruka.