Dr Iyamuremye Augustin wari Perezida wa Sena yeguye kuri uyu mwanya no ku busenateri.
Polisi yu Rwandayasabye abakeneye gukorera impushya za burundu zo gutwara ibinyabiziga, kujya babanza bakitegura atari ukuza kugerageza amahirwe.
As Christ-followers, we build many important spiritual habits into our lives—including prayer, Bible reading, gratitude, and so on. All of them will play a critical role in our spiritual journeys in 2022.
Ibiciro by'ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda byagumishijwe uko byari bisanzwe nyuma y'isuzuma ryakozwe ry'uko ibiciro bihagaze ku isoko mpuzamahanga.
Guverinoma yasabye Abanyarwanda kongera imbaraga mu musaruro w'ibiribwa n'ibindi bikoresho bikenerwa mu gihugu, kugira ngo ibitumizwa hanze bibe ari ibiri ngombwa gusa.
Abayobozi ba bimwe mu bigo by'amashuri mu Karere ka Nyagatare, baravuga ko kubyaza umusaruro ubutaka bw'ibyo bigo bibafasha mu kunganira umusanzu ababyeyi batanga muri gahunda yo kugaburira abana ku ishuri, bikaba binagabanya ingano y'amafaranga yifashishwa mu kugura ibyo kurya by'abanyeshuri.
Hari itsinda ry'abayobozi mu Mujyi wa Kigali rigiye kumara icyumweru ku kirwa cya Iwawa, basesengura icyaba umuti ku bibazo byatumye umubare munini w'abari Iwawa bakomoka muri Kigali.