Latest News

Kwibuka29: Bimwe Mu Byaranze Tariki 7 Mata 1994

Jenoside yakorewe Abatutsi yarateguwe, bikaba bigaragarira mu bikorwa by’ubwicanyi, amagambo y’urwango byayibanjirije, ariko by’umwihariko umugambi wa Jenoside ugaragarira mu buryo ubwicanyi bwatangiriye rimwe mu turere tunyuranye tw’u Rwanda, ubwicanyi busa, bwibasira abatutsi, abana, abakuze, abagore, abarwayi mu bitaro, mu nsengero na za Kiliziya, n’ahandi,...

Ntawufite Uburenganzira Bwo Guhitiramo Abanyarwanda Uko Bagomba Kubaho- Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bunamiye abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi banacana urumuri rw’icyizere.w’icyizere.

Amabwiriza Azakurikizwa Mu Kwibuka Ku Nshuro Ya 29 Jenoside Yakorewe Abatutsi

Minisiteri y'Ubumwe bw'Abanyarwanda n'Inshingano Mboneragihugu, yasohoye amabwiriza agamije gusobanura imigendekere y’ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi, insanganyamatsiko y’uyu mwaka ikazakomeza kuba ‘‘Kwibuka Twiyubaka.’’

Perezida Kagame Yongeye Gutorerwa Kuyobora Umuryango RPF Inkotanyi

Perezida wa Repubulika y' u Rwanda Paul Kagame yongeye gutorerwa kuba Chairman w'Umuryango RPF Inkotanyi mu matora yabereye muri kongere ya 16 y'uyu muryango.

MINEDUC Yasabwe Gukemura Ikibazo Cy’imiyoborere Mibi Kiri Muri Bimwe Mu Bigo By’amashuri

Abadepite bagize Komisiyo y’Uburezi, Ikoranabuhanga, Umuco n’Urubyiruko mu Nteko Ishinga Amategeko, basabye Minisiteri y’Uburezi gukemura ikibazo cy’imiyoborere mibi kiri muri bimwe mu bigo by’amashuri kuko aricyo ntandaro y’ibibazo bibangamiye iterambere ry’ibi bigo n’imikoreshereze mibi y’umutungo.

Perezida Kagame Yasabye Abayobora Utugari Kwirinda Guhishira Ikibi

Perezida wa Repubulika Paul Kagame arasaba abayobozi b'utugari ndetse n'Abanyarwanda bose muri rusange kwirinda guhishira ikibi bakakivuga kandi bakacyamagana kabone nubwo baba bibwira ko uwo babwira atabumva.

Ntawuzongera Guterezwa Cyamunara Kubera Kutishyura Umusoro- Itegeko

Inteko Ishinga Amategeko Umutwe w’Abadepite yatoye itegeko rishya rigena uburyo bw’isoresha aho zimwe mu mpinduka zaryo hateganywa ko ibicuruzwa byajyaga bitezwa cyamunara ku mpamvu zo gutishyura imisoro, ari nyirabyo uzajya abyigurishiriza akawishyura