Rwandan artists and cultural industry professionals have recognized the importance of intellectual property rights, with many benefiting from the implementation of laws that punish those who copy their work for their own gain.
Impuguke mu bwubatsi zisanga kuba Umujyi wa Rubavu ukomeje kuvugururwa hatarakorwa inyigo ku miterere y’ubutaka bishobora kuzateza ibibazo mu gihe hongeye kuba imitingito.
Ibikorwa byo gushakisha imibiri y'abazize Jenoside yakorewe Abatutsi birakomeje i Mibilizi mu Karere ka Rusizi. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane habonetse imibiri 108.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yageze mu gihugu cya Tanzania mu ruzinduko rw'akazi rw'iminsi 2.
Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bo mu cyahoze ari Komine Mugina mu Karere ka Kamonyi, barasaba abari abaturanyi babo gutanga amakuru y'ahaherereye imibiri y'abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi kugira ngo ishyingurwe mu cyubahiro.
Abatuye mu Rwanda n'abahakorera, bemeza ko ikoranabuhanga ririmo kuborohereza mu mikorere yabo ya buri munsi bitewe na gahunda ya Smart Cities irimo gukurikiranwa n'Ubunyamabanga bw'ikigo Smart Africa gifite icyicaro muri Kigali.
Perezida Paul Kagame avuga ko abasaga 60% by’abegerejwe internet muri Afurika batayikoresha uko bikwiye, bitewe no kutamenya imikoresherezwe yayo, agasaba ibihugu bya Afurika gukorera hamwe mu guteza imbere ikoranabuhanga.