Inyigisho n’uburezi bitangwa bigira uruhare mu kwibutsa abana ko ubwiza budashingiye ku byo tubona inyuma gusa, ahubwo ko bushingiye mu kwiyubaha no kubaha abandi.
Igihe cy’ubugimbi n’ubwangavu, si igihe gikomerera abana gusa ahubwo ni igihe gikomerera ababyeyi kurushaho
Mu Kinyarwanda baravuga ngo “Aho kwica gitera wakwica ikibimutera”. Uwo mugani bawuca bashaka kuvuga ko, aho kureba ikibazo uko kigaragara ahubwo ukwiye kureba aho gituruka kugira ngo ushobore kugikemura neza.
Abahanga mu by’isanzure, ubumenyi bw’isi n’imihindagurikire y’ikirere bakomeje kuvuga ko nta garuriro ry’igabanuka ry’ubushyuhe kw’isi, ni ukuvuga ko ubushyuhe nibukomeza kwiyongera ikiremwa muntu gishobora gucika ku isi nk'uko hari ibindi biremwa byinshi bimaze gucika. Ubwoko 571 bw’ibiremwa bimaze gucika ku isi kuva mu mwaka wa 1750.
Umwuma ni igihe imbere mu mubiri w’umuntu habuze amazi n’imyunyu ngugu bikenewe.
Une adolescente enceinte est souvent bouleversée pour de nombreuses raisons: se demander pourquoi cela lui est arrivé, craindre la réaction des autres à l’annonce de la nouvelle, devoir assumer des responsabilités parentales alors qu’elles sont très petites, interrompre ses études, des difficultés financières et matérielles autant que la majorité de ces jeunes filles viennent dans des familles très pauvres.
kutababarira ni wowe ubwawe uba wishyize mu gihano cyo guhora ufungiranye mu mubabaro, kandi ibyo bigira ingaruka nyinshi ku buzima bwacu, ku byishimo duterwa n’ubuzima, ku mibanire yacu n’abandi, n’ibindi byinshi.