Umuntu bemeza ko afite ikibazo cy'umubyibuho udasanzwe iyo bafashe ibipimo bya BMI(Body Mass Index), uyu munsi tugiye kubereka uburyo ushobora kwifatira ibyo bipimo mu buryo bworoshye.
Imiryango 144 igizwe n’abaturage 707 baturiye kariyeri ikoreshwa muri CIMERWA ndetse n’imiryango 507 igizwe n’abaturage 2212 ituriye uru ruganda, ni yo imaze kubarurwa ngo izimurwe bitewe n’uko yari ibangamiwe na rwo.
Nyuma y'inkuru twabagejejeho y'itangazwa ry'amanota , Ku barangije icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye, abanyeshuri bakoze ibizamini ni 126,735. Abatsinze ni 108, 566, bahwanye na 85.66%. Abatsinzwe ni 18,469, bahwanye na 14.34%.
Mnisiteri y'Ubuzima iravuga ko irimo gukurikiranira hafi niba imiti yifashishwa mu kuvura Malariya yaba itakiyishoboye, kugira ngo hagire igikorwa mu maguru mashya.
Kuri uyu wa Kabiri, Minisiteri y'Uburezi yatangaje amanota y'ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n'icyirico rusange cy'amashuri yisumbuye.
Minisiteri y'ubuzima ivuga ko kuva ku itariki 20 z'uku kwezi kwa cyenda, bimenyekanye ko mu gihugu cya Uganda hagaragaye Ebola mu gace ka Mubende, yahise itangira gukurikirana iby'iki kibazo no gufata ingamba zo gukumira.
Ifunguro ufata mu gitondo ukibyuka niryo funguro ry’ibanze kandi rifite akamaro cyane ku munsi.