Latest News

Perezida Wa Santarafurika Yakiriye Ku Meza Ingabo Z'u Rwanda

Kuwa Gatandatu tariki ya 01 Ukwakira 2022, Perezida wa Repubulika ya Santarafurika Prof. Faustin Archange Touadéra na Madamu we bakiriye ku meza itsinda ry'abasirikare b'u Rwanda 200 bari muri iki gihugu kubw'amasezerano ibihugu byombi byagiranye. Ibi byabereye mu rugo iwe mu gace ka Damara muri Santarafurika.

Indonesia: Abantu 174 Bapfiriye Kuri Sitade Abarenga 180 Barakomereka

Abantu 174 bapfiriye muri stade y'umupira w'amaguru muri Indonesia abandi barenga 180 barakomereka nyuma y'imvururu zavutse nyuma y' umukino wahuzaga amakipe y'amakeba muri iki gihugu kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 1 Ukwakira 2022 mu gace ka Malang, East Java.

UMURYANGO MWIZA LIVE CONCERT SEASON 1

Kuri uyu wa 25/09/2022 korali Family of Singers ikorera umurirmo w'Imana muri EPR Paruwasi ya KIYOVU yabateguriye igitaramo cyabereye muri Romantic Garden ku Gisozi.

Menya Uko Wareba Niba Ufite Ikibazo Cy'umubyibuho Ukabije

Umuntu bemeza ko afite ikibazo cy'umubyibuho udasanzwe iyo bafashe ibipimo bya BMI(Body Mass Index), uyu munsi tugiye kubereka uburyo ushobora kwifatira ibyo bipimo mu buryo bworoshye.

Imiryango Hafi 700 Ituriye CIMERWA Imaze Kubaruwa Ngo Yimurwe

Imiryango 144 igizwe n’abaturage 707 baturiye kariyeri ikoreshwa muri CIMERWA ndetse n’imiryango 507 igizwe n’abaturage 2212 ituriye uru ruganda, ni yo imaze kubarurwa ngo izimurwe bitewe n’uko yari ibangamiwe na rwo.

Irebere Urutonde Rw'abanyeshuri Bahize Abandi Mu Bizamini Bya Reta.

Nyuma y'inkuru twabagejejeho y'itangazwa ry'amanota , Ku barangije icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye, abanyeshuri bakoze ibizamini ni 126,735. Abatsinze ni 108, 566, bahwanye na 85.66%. Abatsinzwe ni 18,469, bahwanye na 14.34%.

MINISANTE Irimo Kugenzura Niba Imiti Yifashishwa Mu Kuvura Malariya Yaba Itakiyishoboye

Mnisiteri y'Ubuzima iravuga ko irimo gukurikiranira hafi niba imiti yifashishwa mu kuvura Malariya yaba itakiyishoboye, kugira ngo hagire igikorwa mu maguru mashya.