Latest News

INAMA YA CHOGM YATANGIJWE KUMUGARAGARO,Perezida Kagame Atanga Ikaze Kubitabiriye Inama Ya CHOGM 2022

Kuri uyu wa gatanu nibwo hatangijwe ku mugaragaro inama y’abakuru b’ibihugu naza guverinoma bigize umuryango wa Commonwealth (CHOGM).

MENYA AMWE MU MATEKA Y’UMURYANGO WA COMMONWEALTH NI INKOMOKO YA CHOGM U RWANDA RWAKIRIYE UYU MWAKA WA 2022

Umuryango wa Commonwealth ni umwe mu mashyirahamwe ya politiki amaze igihe ku isi. Inkomoko yawo ituruka ku Bwami bw'Ubwongereza, igihe ibihugu bimwe byo ku isi byakoronizwaga n’Ubwongereza.

Ibintu 17 Utaruzi Ukeneye Kumenya.

Ni kenshi abantu bibaza ku byo babona, bakibaza impamvu byabayeho cyangwa bimwe bikabaho ntibamenye ko biriho! Uyu munsi, twabahitiyemo bicye muri byinshi abahanga ndetse n'abashakashatsi bagiye bavumbura mu bushakashatsi bagiye bakora ku mibereho y'abantu no mu buzima bwa buri munsi.

Inkuru Y’abagore 4

Cyera habayeho umutunzi wari ufite abagore bane. Yakundaga umugore we wa kane kurusha abandi kuko yakundaga kumurimbisha imyambaro y’agaciro agakunda no kumwitaho cyane, ku buryo nta kintu atamuhaga.

NTA KARANDE N’INYATSI BIBAHO KU MUKRISTO: KARANDE N’INYATSI NI UKUTUMVIRA NO KWIMA IMANA IBYAYO

Karande ni iki? Karende ni umuvumo/imivumo ikurikirana umuntu iturutse ku babyeyi be, aho usanga iyo mivumo iba nk’uruherererkane. Urugero, hari imiryango usanga abakobwa bawukomokamo babyara mbere yo gushaka, indi miryango usanga irimo uruhererekane ry’abajura, abasinzi, abarozi, abicanyi. . .

A Bakery Owner Gave The Beggar Food Every Day… But He Never Said Thank You. (The End Of The Story Is Great.)

Hi, this is a story of Natalie, Natalie had a small bakery in a village. She always baked one or two extra pieces of bread. She gave the extra loaves of bread to the beggars that passed by. Every day, an old beggar came and took away the bread.

UMURYANGO W’ABAYISILAMU MU RWANDA WAKIRIYE IMPANO Y’IBIRIBWA MU RWEGO RWO KWIFATANYA N’ABATISHOBOYE MURI IKI GIHE CY’IGIFUNGO CYA RAMADHANI YAHAWE NA AMBASADE YA TURKIYA MU RWANDA KU BUFATANYE N’IKIGO CYA TIKA CYO MURI ICYO GIHUGU.

Ni impano igizwe n’amakarito magana atanu (500), akubiyemo ibiribwa by’ibanze nk’amavuta yo guteka, umuceri, umunyu, n’ibindi. Kwakira ifutali ndetse no kuyitanga hirya no hino mu gihugu, mu gihe nk’iki cy’igisibo cya Ramadhan ku bayislam bose bafata nk’igihe cyiza cyo kwifatanya n’abandi mu gihe umwe agize icyo arusha undi, ni igikorwa ngarukamwaka nk’uko umuyobozi w’Idini ya Islamu mu Rwanda (Mufti) Sheikh Salim HITIMANA yabidutangarije. Mumagambo ye, Mufti w’u Rwanda yagize ati :