Latest News

AMAHAME 95 YA MARITINI LUTERI N’IVUKA RY’ABAPROTESTANI

Ku itariki ya 31 Ukwakira 1517, afite imyaka 34 y’amavuko, ni bwo Maritini Luteri (1483-1546), umupadiri wo mu muryango w’aba Ogustini, yamanitse amahame 95 (https://www.luther.de/en/95thesen.html) k’urugi rw’urusengero rw’I Wittenberg anenga imikorere itari myiza ya Kiliziya Gatolika y’i Roma. Wari umunsi usanzwe kuri Maritini Luteri, gusa yifuzaga ko ayo mahame asomwa n’abantu benshi kuko hari k’umunsi mukuru w’abatagatifu bose.

ISENGESHO RYO GUSABA UBUSABANE BW’ABASHAKANYE

Data, ndagushimiye kuko amagambo yawe ari ubuzima n’ubugingo kuri jye. Ndagushimiye ku bw’ubuzima bw’umugabo wanjye (umugore wanjye). Ndagushimira Mwami kuko wangize umugisha kuri we na we ukamugira umugisha kuri jye. Mwami, nzi ko kuva mu ntangiriro waturemye ngo tube umwe. Ijambo ryawe rivuga ko umugabo azasiga se na nyina akabana n’umugore we akaramata, kandi bombi bazahinduka umubiri umwe.

AKAMARO K'INDANGAGACIRO YO KUMENYA GUKURIKIRANA

N’imwe mu ndangagaciro ikomeye ifasha umuntu gukemura ibibazo ashobora guhura nabyo mu kazi akora, mu mibanire n’abandi no mukwirinda ibindi bishobora kumuhungabanya.

AKAMARO KO KWITANGIRA NO KWIGENZURA

Mu cyongereza kwitangīra no kwigenzura bisobanurwa n’amagambo atandukanye afitanye isano (self-control, self-regulation, self-feedback, self-discipline, self-command).

GUKORA CYANE SI UKUBIRA IBYUYA

Abantu benshi bifuza kumenyakana, kuba ibyamamare, kugira icyubahiro, kuba abakire… Muri ibi byose ntacyo ushobora kujyeraho udakoze cyane kandi neza.

AKAMARO K’UMUCO W’UBUNYANGAMUGAYO

Ese ubunyangamugayo buracyariho mu Rwanda? Ese bushobora kwigishwa mw’ishuri? Ese buboneka ryari?Ese buboneka kuri bande?bugira izihe ingaruka? Ubunyangamugayo ni uruhurirane rw’ingeso nziza umuntu aba afite.

UKO WAFASHA UMWANA W’AMEZI 0-3 GUSINZIRA (KUBONA IBITOTSI)

Gusinzira k’umwana ukivuka ni ikintu kiba gihangayikishije ababyeyi cg abarezi b’uwo mwana. Buri wese aba yibaza icyo yakora ngo umwana we asinzire, igihe azatangirira gusinzira nijoro, hari n’abibaza impamvu asinzira cyane ntakanguke vuba, … ! Kubera ko buri mwana yihariye, n’ibisubizo by’ibi bibazo bizatandukana bitewe n’umwana.