N’imwe mu ndangagaciro ikomeye ifasha umuntu gukemura ibibazo ashobora guhura nabyo mu kazi akora, mu mibanire n’abandi no mukwirinda ibindi bishobora kumuhungabanya.
Mu cyongereza kwitangīra no kwigenzura bisobanurwa n’amagambo atandukanye afitanye isano (self-control, self-regulation, self-feedback, self-discipline, self-command).
Abantu benshi bifuza kumenyakana, kuba ibyamamare, kugira icyubahiro, kuba abakire… Muri ibi byose ntacyo ushobora kujyeraho udakoze cyane kandi neza.
Ese ubunyangamugayo buracyariho mu Rwanda? Ese bushobora kwigishwa mw’ishuri? Ese buboneka ryari?Ese buboneka kuri bande?bugira izihe ingaruka? Ubunyangamugayo ni uruhurirane rw’ingeso nziza umuntu aba afite.
Gusinzira k’umwana ukivuka ni ikintu kiba gihangayikishije ababyeyi cg abarezi b’uwo mwana. Buri wese aba yibaza icyo yakora ngo umwana we asinzire, igihe azatangirira gusinzira nijoro, hari n’abibaza impamvu asinzira cyane ntakanguke vuba, … ! Kubera ko buri mwana yihariye, n’ibisubizo by’ibi bibazo bizatandukana bitewe n’umwana.
Buri umwe muri twe yigeze kubona ubwato mu mazi byibuze inshuro imwe imbona nkubone cyangwa mu buryo bwa video cyangwa ifoto. Ibyo rwose ni ibisanzwe ko ubwato bujya mu mazi. Nyamara bikaba akaga gakomeye iyo amazi ariyo yagiye mubwato.
Nawomi yavuye mu gihugu cy’Iserano ajya mu gihugu cy’umuvumo (iyo dusomye Bibiliya itubwira ko abamowabu bari bamwe mu barwanyaga ubwoko bw’Imana) bituma ahaburira ibyo yarafite byose...